AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

BURI MWAKA HAKIRWA IBIREREGO 150 BY'ABAKOZI BAHUYE N’AKARENGANE

Yanditswe May, 01 2019 10:13 AM | 6,254 Views



Abahagarariye amasendika y'abakozi mu Rwanda bahangayikishijwe n’imwe mu mibereho y'abakozi bo mu bigo by'abikorera n'ibya Leta.

Francois Ntakiyimana Umunyamabanga mukuru wa Syndika COTRAF inganda n'ubwubatsi avuga ko buri mwaka bakira ibirego 150 by'abakozi bahuye n'aka karengane, bakabafasha mu by'amategeko.

Asobanura ko abakoresha batsinzwe bishyura abakozi babo, ariko nabo bakaba bafite imbogamizi z'uko hari abakoresha b'abanyamahanga bigorana kubishyuza kuko bahita bisubirira mu bihugu byabo.


Ibibazo bikomeye Ntakiyimana avuga ko bikibangamye abakozi bagaragaza birimo abakozi bakora nta masezerano bakirukanwa n'abakoresha nta nteguza, gukora amasaha y'ikirenga badahemberwa, abakoresha birukana abakozi bitwaje ikibazo cy'ubukungu bwagabanutse, kudateganyiriza abakozi, ndetse n'ikibazo cy'ingutu ku mpanuka zikomeje guhitana abakozi bo mu birombe imiryango yabo ntishumbushwe ndetse n'ubwambuzi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama