Yanditswe May, 06 2019 06:03 AM | 6,737 Views
Umunyabanga wa Leta muri Ministeri y'ububanyi n'amahanga ushinzwe ibikorwa by'umuryango wa Afrika y'uburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier arizeza abarokotse Jenoside bo mu karere ka Ruhango, ko ikibazo cy'Abarundi bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri aka gace kigiye guhagurukirwa.
Nduhungirehe
Olivier yizeza abacitse ku icumu muri aka gace ko iki kibazo iyi ministeri
igiye kugihagurukira.
Igice cyahoze ari segiteri Mayunzwe ubu kiri mu murenge wa Mbuye. Kigizwe n'imisozi irimo uwa Nzaratsi, Giti Cyuma, Mayunzwe na Kizibere.
Kugeza ubu urwibutso rwa Mayunzwe rushyinguyemo ababarirwa kuri 950.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru