Yanditswe May, 02 2019 15:08 PM | 6,303 Views
Abaturage bo mu bice bitandukanye by'igihugu barasaba ikigo cy'igihugu gishinzwe gutanga irangamuntu ko cyabegereza serivisi zo kubona irangamuntu mu buryo buboroheye kugira ngo bibarinde gusiragira baza muri Kigali gushaka izi serivisi.
Iyo ugeze ku murenge wa Remera mu karere ka Gasabo uhasanga imirongo y'abaturage biganjemo abanyeshuri bo mu bigo by'amashuri y'isumbuye baje kwifotoza kugira ngo babone amarangamuntu ndetse n'abamaze gufotorwa baje gufata amarangamuntu.
Iyo ugeze ku murenge wa Niboye naho uhasanga Indi mirongo y'abaturage baje gukosoza amarangamuntu yagize ibibazo.
Aba baturage baba baturutse muturere dutandukanye tw'igihugu.
Bavuga ko kubona izi serivisi bibagoye bagasaba ko bazegerezwa mu turere kugira ngo bibarinde gusiragira no kwica gahinda baba bateganije zibateza imbere mu miryango.
Inkuru ya Jean Paul Turatsinze
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru