AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

ABAFATA INDANGAMUNTU BARINUBIRA SERIVISI MBI

Yanditswe May, 02 2019 15:08 PM | 6,303 Views



Abaturage bo mu bice bitandukanye by'igihugu barasaba ikigo cy'igihugu gishinzwe gutanga irangamuntu ko cyabegereza serivisi zo kubona irangamuntu mu buryo buboroheye kugira ngo bibarinde gusiragira baza muri Kigali gushaka izi serivisi.


Iyo ugeze ku murenge wa Remera mu karere ka Gasabo uhasanga imirongo y'abaturage biganjemo abanyeshuri bo mu bigo by'amashuri y'isumbuye baje kwifotoza kugira ngo babone amarangamuntu ndetse n'abamaze gufotorwa baje gufata amarangamuntu.


Iyo ugeze ku murenge wa Niboye naho uhasanga Indi mirongo y'abaturage baje gukosoza amarangamuntu yagize ibibazo.

Aba baturage baba baturutse muturere dutandukanye tw'igihugu.


Bavuga ko kubona izi serivisi bibagoye bagasaba ko bazegerezwa mu turere kugira ngo bibarinde gusiragira no kwica gahinda baba bateganije zibateza imbere mu miryango.

Inkuru ya Jean Paul Turatsinze



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize