AGEZWEHO

  • Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi – Soma inkuru...
  • Rusizi: Minisitiri Ngabitsinze yaburiye abanze kubaka ibibanza bahawe ko bashobora kubyamburwa – Soma inkuru...

Amavugurura ku byiciro ntacyo azahungabanya ku itangwa rya mutuelle

Yanditswe May, 21 2019 18:05 PM | 8,166 Views



Abaturage hirya no hino mu gihugu barasaba ko basobanurirwa uburyo bwo kwishyura  umusanzu w'ubwisungane mu kwivuza mu gihe ibyiciro by'ubudehe bivuguruye bitarasohoka kandi hasigaye ukwezi kumwe ngo umwaka mushya w'ubwisungane mu kwivuza wa 2019-2020 utangire.

Mu gihe taliki ya 1 Nyakaga 2019 ari bwo hazatangira umwaka umwaka mushya wo kuba abaturage batangiye kwivuriza ku misanzu y'ubwisungane mu kwivuza, hari abagagaza impungenge z'uko batazi niba bazishyura iyi misanzu hakurikijwe ibyiciro by'ubudehe bivuguruye kugeza n'ubu bitarasohoka  cyangwa niba bazakomeza kwishyura bagendeye ku byiciro by'ubudehe byari bisanzwe uko ari 4.

Ikigo cy'igihugu cy'ubwishingizi RSSB kivuga ko abaturage batagomba kugira impungenge zo kwishyura ubwisungane mu kwivuza mu gihe ibyiciro by'ubudehe bivuguruye bitarasohoka, ngo bagomba gukomeza kwishyura hakoreshejwe ibyiciro by'ubudehe byari bisanzwe.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m