AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Amatora y'umukuru wa FERWAFA yasubitswe akazasubirwamo nyuma y'iminsi 90

Yanditswe Dec, 30 2017 23:12 PM | 8,113 Views



Akanama gashinzwe gutegura amatora muri Ferwafa kemeje ko kuba nta mukandida washoboye gutsinda amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu, komite yari isanzweho iyobowe na Nzamwita Vincent De Gaulle izakomeza imirimo yayo kugeza habaye andi matora.

Ibi byabaye nyuma y'uko Nzamwita Vincent de Gaule avanyemo kandidature ye, umukandida bahataniraga uyu mwanya Rwemalika Felicite ntiyagejeje ku majwi akenewe ngo atorwe.

ICYO ABANTU BATANDUKANYE BAVUGA KU MATORA YIMUWE

Bamwe mu bakunda umupira w'amaguru n'abakurikirana ibyawo igihe kinini, baravuga ko batunguwe no kuba umwaka urangiye nta matora y'umuyobozi mushya wa Ferwafa abaye kandi bari babyiteguye. 

Gusa ngo uzatorwa wese azaharanire kuzamura impano z'abana kugirango abanyarwanda bongere gukunda umupira w'amaguru no kugaruka ku bibuga, no gutegura neza ikipe y'igihugu izitabira imikino ya CHAN izatangira mu kwezi gutaha.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama