AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Amategeko yashyizweho yafashije abagore kugira uburenganzira

Yanditswe Mar, 08 2019 08:18 AM | 10,535 Views



Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Werurwe u Rwanda rurizihiza umunsi mpuzamaahnaga w'umugore ku nsanganyamatsiko igira iti "Dufatane urunana twubake umuryango utekanye".

Impuguke mu by'uburinganire zisanga amategeko yashyizweho mu kwimakaza ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye bw'abagabo n'abagore yaratumye abagore bagira uruhare n’uburenganzira mu guteza imbere imiryango.

Umwalimu muri Kaminuza y'u Rwanda akaba impuguke k'uburinganire  n'iterambere, Dr HATEGEKIMANA Celestin avuga ko ubushake bwa Politiki no kuvugurura amategeko ku ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye byatumye abagore barushaho gutera intambwe bitabira imirimo itandukanye.

Urwego rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry'ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye bw'abagore n'abagabo mu iterambere ry'igihugu, GMO rugaragaza ko n'ubwo hari ibimaze gukorwa, hari ibigomba gushyirwamo imbaraga.


Inkuru ya Jean Paul TURATSINZE



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira