Yanditswe Jun, 29 2016 11:44 AM | 2,054 Views
Urubyiruko rukwiye
gufashwa kandi rukoroherezwa kwibumbira mu makoperative, kugirango rushobore
gutanga umusaruro kuri bo ubwabo ndetse no ku gihugu muri rusange.
Ibi byagarutsweho n'umuyobozi w'umujyi wa Kigali, ubwo urubyiruko rusaga 500, rwashyikirizwaga impamyabumenyi, nyuma y'amahugurwa rwahawe ajyanye no kwihangira imirimo no kwibumbira mu makoperative.
Buri mwaka urubyiruko
rusaga ibihumbi 12 rusohoka amashuri rwerekeza ku isoko ry'umurimo, muri iyi
mibare hafi kimwe cya kabiri, usanga berekeza mu mujyi wa Kigali, aho baba
bizeye kubona imirimo yaba muri Leta cyangwa mu bigo by'abikorera; cyokora akenshi
ntibiborohera, bityo bamwe bagahitamo kwihangira umurimo.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Inkuru ya Rukundo Jean Baptiste.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru