AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Amategeko abangamira urubyiruko gukorera mu makoperative agiye kunononsorwa

Yanditswe Jun, 29 2016 11:44 AM | 2,054 Views



Urubyiruko rukwiye gufashwa kandi rukoroherezwa kwibumbira mu makoperative, kugirango rushobore gutanga umusaruro kuri bo ubwabo ndetse no ku gihugu muri rusange.

Ibi byagarutsweho n'umuyobozi w'umujyi wa Kigali, ubwo urubyiruko rusaga 500, rwashyikirizwaga impamyabumenyi, nyuma y'amahugurwa rwahawe ajyanye no kwihangira imirimo no kwibumbira mu makoperative.

Buri mwaka urubyiruko rusaga ibihumbi 12 rusohoka amashuri rwerekeza ku isoko ry'umurimo, muri iyi mibare hafi kimwe cya kabiri, usanga berekeza mu mujyi wa Kigali, aho baba bizeye kubona imirimo yaba muri Leta cyangwa mu bigo by'abikorera; cyokora akenshi ntibiborohera, bityo bamwe bagahitamo kwihangira umurimo.


Inkuru irambuye mu mashusho:

Inkuru ya Rukundo Jean Baptiste.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira