AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Amagare: Perezida Kagame yakiriye umuyobozi w'ikipe ya Israel Premier Tech ikinamo Chris Froome

Yanditswe Feb, 23 2023 20:48 PM | 106,369 Views



Kuri uyu wa Kane Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye ndetse agirana ibiganiro na Sylvan Adams uyu akaba ariwe washinze ikipe y'amagare ya Israel Premier Tech, imwe mu makipe kuri ubu arimo guhatana mu mukino w’amagare urimo kubera mu Rwanda.

Uyu muyobozi kandi akaba yanaganiriye n'Umukuru w'Igihugu ku mishinga itandukanye ijyanye no guteza imbere umukino wo gutwara igare ndetse na guteza imbere ubukerarugendo mu rwego rw'imikino.

Nimugihe kandi mu Rwanda hakomeje isiganwa rya Tour du Rwanda ryanitabiriwe n'Igihanganga mu mukino w'Amagare Chris Froome watwaye Tour de France inshuro enye zose akaba anakiniri ikipe ya Israel Premier Tech yitabiriye iri rushanwa.

Kuri ubu hamaze gukinwa uduce dutanu aho kugeza ubu Lecerf William Junior ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo yo mu Bubiligi niwe wambaye umwenda w'umuhondo uranga uyoboye isiganwa mugihe Chris Froome we aza ku mwanya wa 21.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama