AGEZWEHO

  • Nyakinama: Hagiye gutangwa Impamyabumenye ku bofisiye bakuru 48 baharangije – Soma inkuru...
  • General James Kabarebe yasuye Ingabo z'u Rwanda ziri muri Centrafrique – Soma inkuru...

Amagare: Perezida Kagame yakiriye umuyobozi w'ikipe ya Israel Premier Tech ikinamo Chris Froome

Yanditswe Feb, 23 2023 20:48 PM | 105,750 Views



Kuri uyu wa Kane Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye ndetse agirana ibiganiro na Sylvan Adams uyu akaba ariwe washinze ikipe y'amagare ya Israel Premier Tech, imwe mu makipe kuri ubu arimo guhatana mu mukino w’amagare urimo kubera mu Rwanda.

Uyu muyobozi kandi akaba yanaganiriye n'Umukuru w'Igihugu ku mishinga itandukanye ijyanye no guteza imbere umukino wo gutwara igare ndetse na guteza imbere ubukerarugendo mu rwego rw'imikino.

Nimugihe kandi mu Rwanda hakomeje isiganwa rya Tour du Rwanda ryanitabiriwe n'Igihanganga mu mukino w'Amagare Chris Froome watwaye Tour de France inshuro enye zose akaba anakiniri ikipe ya Israel Premier Tech yitabiriye iri rushanwa.

Kuri ubu hamaze gukinwa uduce dutanu aho kugeza ubu Lecerf William Junior ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo yo mu Bubiligi niwe wambaye umwenda w'umuhondo uranga uyoboye isiganwa mugihe Chris Froome we aza ku mwanya wa 21.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Kubura abashoramari banini byadindije umushinga wa Gira Iwawe - BRD

Rusizi: Kuba drone zitahagera bidindiza serivisi z'ubuzima n'ubworozi

Musanze: Abaturage 26 borojwe inka n'Itorero ADEPR - Amafoto

Abasenateri batangiye gusura uturere bareba uko abaturage bakemurirwa ibibazo

Abayobozi batandukanye barimo gusura uruganda rutunganya amazi rwa Nzove

Imyaka isaga 4 irashize isoko mpuzamipaka rya Cyanika ridakorerwamo

Ubuhamya bw’ababaye kwa Gisimba uherutse kwitaba Imana

Abatuye muri Kigali basabye ko hakwihutishwa imirimo yo kwagura uruganda rw&rsqu