AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Amafoto- U Rwanda rwakiriye inteko rusange ya FIFA y'amateka

Yanditswe Mar, 16 2023 16:32 PM | 47,884 Views



Kuri uyu wa Kane tariki 16 Werurwe 2023, U Rwanda rwakiriye inteko rusange y'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi FIFA, ku nshuro yayo ya 7, ikaba ari ubwa kane yari ibereye by'umwiohariko ku mugabane wa Afurika.

Ni Inteko Rusange yatangijwe ku mugaragaro na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame unashimirwa uruhare agira mu guteza imbere siporo.

Iyi nteko rusange kandi yatorewemo yanabereyemo amatora yo gutora umuyobozi wa FIFA, hakaba hongeye gutorwa Umusuwisi Gianni Infantino, watowe kuri manda ya kane ku bwiganze bubesesuye bw'abatora.

Iyi manda ya gatatu ya Infantino ikazasoza mu mwaka wa 2023. Yatangiye kuyobora FIFA mu mwaka wa 2016. Nibwo bwa mbere iyi nteko yari ibereye muri Afurika ikanakorerwamo amatora y'Umuyobozi wa FIFA.

Iyi Nteko Rusange yitabiriwe n'abahagarariye ibihugu 211 bigize FIFA n’abandi bayobozi muri FIFA barimo n'abamenyekanye mu bikorwa nyirizina mu mupira w'amaguru barimo nka Arsene Wenger wamenyekanye atoza ikipe ya Arsenal, Pierluigi Collina Umutaliyani wabaye Umusifuzi kabuhariwe ndetse unafatwa nk'umusifuzi wa mbere mu mateka ya Ruhago, Marcin Oleksy uheruka kwegukana igihembo cya FIFA Puskas Award 2023, gihabwa uwatsinze igitego cyiza kurusha ibindi.

Reba uko byari byifashe mu mafoto



Reba ayandi mafoto hose hano

Jean Paul Niyonshuti


Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura