AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Abikorera barakangurirwa kugira uruhare mw'iterambere ry'umuhora wa ruguru

Yanditswe Apr, 18 2016 09:42 AM | 1,436 Views



Abikorera bo mu Rwanda barahamagarirwa kugira uruhare mu mishinga y'iterambere ijyanye n'umuhora wa ruguru, yiganjemo ibikorwaremezo. Mu nama yabahuje muri iki gitondo, umuyobozi w'urugaga rw'abikorera Benjamin Gasamagera yabibukije ko mu nama ya 23 y'abakuru b'ibihugu izabera i Kampala bazaba bahagarariwe, anabagaragariza amahirwe menshi ari muri iyo mishinga yagirira akamaro urwego rw'abikorera mu Rwanda.

Yababwiye ko bakwiriye kwitegura no kumva ko bari muri iyo mishinga, n'ubwo akenshi hagiye hagaragara guseta ibirenge mu mishinga inyuranye yagiye iza kandi bakagombye kuyibyaza umusaruro.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize