Yanditswe Apr, 18 2016 09:42 AM | 1,436 Views
Abikorera bo mu Rwanda barahamagarirwa kugira uruhare mu mishinga y'iterambere ijyanye n'umuhora wa ruguru, yiganjemo ibikorwaremezo. Mu nama yabahuje muri iki gitondo, umuyobozi w'urugaga rw'abikorera Benjamin Gasamagera yabibukije ko mu nama ya 23 y'abakuru b'ibihugu izabera i Kampala bazaba bahagarariwe, anabagaragariza amahirwe menshi ari muri iyo mishinga yagirira akamaro urwego rw'abikorera mu Rwanda.
Yababwiye ko bakwiriye kwitegura no kumva ko bari muri iyo mishinga, n'ubwo akenshi hagiye hagaragara guseta ibirenge mu mishinga inyuranye yagiye iza kandi bakagombye kuyibyaza umusaruro.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
3 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
4 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
5 hours
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru