AGEZWEHO

  • Abagore bari mu nzego z'ubuyobozi n'abazihozemo muri Loni basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali – Soma inkuru...
  • Amajyaruguru: Abaturage babangamiwe n'buriganya bukorwa n'abakomisiyoneri – Soma inkuru...

Abatuye mu Mujyi wa Musanze barishimira impinduka nziza zigaragaza

Yanditswe Nov, 14 2023 21:07 PM | 128,289 Views



Abatuye mu Mujyi wa Musanze barishimira impinduka nziza zigaragaza mu  bice bitandukanye byawo biheruka kubakwamo imihanda ya kaburimbo mishya ndetse igashyirwaho n'amatara. 

Aba baturage bavuga ko ibi bikorwa bikomeje gutuma uyu Mujyi uterambere imbere ndetse nabo bakaba bakora ibikorwa bibateza imbere.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Brig.Gen Rwivanga yasabye abiga muri RICA gusigasira ibyo u Rwanda rwagezeho

General Gatsinzi Marcel yashyinguwe

Ingabo za Congo zongeye kurasa ku butaka bw'u Rwanda

U Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko RDF ifasha abarwanya FARDC

Abayobozi b'inzego z'ubuzima mu ngabo zo muri EAC mu nama ku bufatanye

Perezida Kagame yashimye inzego z'umutekano ku bwitange zagaragaje muri 202

RDF yatangaje ko ntaho ihuriye n'ibikorwa by'abahoze ari abarwanyi ba

Col Karuretwa yagizwe Brig General, anagirwa umuyobozi muri RDF