AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Abatuye Umujyi wa Kigali mu bikorwa by’isuku bitegura CHOGM

Yanditswe Jun, 04 2022 15:57 PM | 71,179 Views



Abatuye Umujyi wa Kigali wa Kigali biyemeje gushyira imbaraga mu bikorwa by'isuku kugira ngo abashyitsi bazitabira inama y'abakuru b'ibihugu na za guverinoma bikoresha ururimi rw'icyongereza izwi nka CHOGM, bazasange abantu bakeye n'ahandi hantu hose.

Harabura iminsi 15 ngo u Rwanda rwakire iyi nama ya CHOGM. Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, abaturage bakomeje ibikorwa by'isuku aho batuye, mu busitani bwo kumuhanda, gusiga amarangi ku nzu zabo, kuvugurura zimwe mu nyubako zitagaragara neza n'ibindi.

Bahamya ko abazitabira iyi nama bazasanga bakeye ndetse n'ibikorwa remezo byose bifite isuku.

Umuyobozi wungiririje w'Umujyi wa Kigali ushinzwe Imituriren'ibikorwaremezo Mpabwanamaguru Merard avuga ko ubusanzwe Umujyi wa Kigali usanzwe uzwihp kugira isuku ariko kandi bibaye byiza buri wese yakomeza kubigira intego kurushaho.

Uretse ibikorwa by'isuku hirya no hino muri Kigali, ubu harimo no kubakwa imihanda mishya, indi ikavugururwa. Imwe yararangiye, indi imirimo iri kugana ku musozo.

UWITONZE PROVIDENCE Chadia



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama