Yanditswe Jun, 04 2022 15:57 PM | 71,179 Views
Abatuye Umujyi wa
Kigali wa Kigali biyemeje gushyira imbaraga mu bikorwa by'isuku kugira ngo
abashyitsi bazitabira inama y'abakuru b'ibihugu na za guverinoma bikoresha
ururimi rw'icyongereza izwi nka CHOGM, bazasange abantu bakeye n'ahandi hantu
hose.
Harabura iminsi 15 ngo u Rwanda rwakire iyi nama ya CHOGM. Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, abaturage bakomeje ibikorwa by'isuku aho batuye, mu busitani bwo kumuhanda, gusiga amarangi ku nzu zabo, kuvugurura zimwe mu nyubako zitagaragara neza n'ibindi.
Bahamya ko abazitabira iyi nama bazasanga bakeye ndetse n'ibikorwa remezo byose bifite isuku.
Umuyobozi wungiririje w'Umujyi wa Kigali ushinzwe Imituriren'ibikorwaremezo Mpabwanamaguru Merard avuga ko ubusanzwe Umujyi wa Kigali usanzwe uzwihp kugira isuku ariko kandi bibaye byiza buri wese yakomeza kubigira intego kurushaho.
Uretse ibikorwa by'isuku hirya no hino muri Kigali, ubu harimo no kubakwa imihanda mishya, indi ikavugururwa. Imwe yararangiye, indi imirimo iri kugana ku musozo.
UWITONZE PROVIDENCE Chadia
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru