AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Abaturage bavuga ko umuhanda Kivu Belt uzongera ubuhahirane

Yanditswe Oct, 08 2016 23:18 PM | 2,875 Views



Bamwe mu batuye mu ntara y'iburengerazuba baravuga ko umuhanda wubakwa muri aka gace uzwi nka KivuBelt aho wamaze kuzura, imigenderanire yatangiye guhinduka ku buryo bugaragara.

Ubuyobozi bw'akarere ka Karongi kanyurwamo uyu muhanda bwemeza ko unakomeye ku buryo bizeyeko uzamara igihe kinini harimo no kwagura ubukerarugendo n'abandi.

Iki gice cyo kuva Rusizi ugana Karongi cyatangiye kunyurwamo n'imodoka zitwara abagenzi kimwe n'amakamyo yakundaga kunyura muri pariki ya Nyungwe kuko ari hafi ujya i Kigali. Umuyobozi w'akarere ka Karongi Ndayisaba Francois avuga ko inyungu nyinshi zihari bitewe n'ikorwa ry'uyu muhanda zirimo izo kwagura ubuhahirane no kuzamura ubukerarugendo ariko kuri we ngo uyu muhanda urakomeye.

Umuhanda uzahuza uturere twa Karongi Nyamasheke, Rusizi, Rutsiro na Rubavu mu ntara y'iburengerazuba uzwi ku izina ry'umukandara w'ikiyaga cya Kivu/Kivu belt, biteganyijwe uzuzura mu mwaka utaha ukazafasha cyane mu bukerarugendo mu turere tugize intara y'iburengerazuba.

Inkuru mu mashusho: 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama