Yanditswe May, 04 2021 13:52 PM | 59,868 Views
Abaturage bahawe akazi muri gahunda ya VUP mu Karere ka Huye mu Murenge wa Gishamvu,
bavuze ko byahinduye ubuzima bwabo, aho ndetse bamwe muri bo bagenda bazamuka
mu byiciro by'ubudehe barimo, bitewe n'iterambere bamaze kugeraho mu miryango
yabo.
Aha mu Murenge wa Gishamvu abahabwa akazi muri VUP, akenshi usanga bakora imihanda no gutunganya amaterasi yikora mu misozi ihanamye.
Kugeza ubu bamaze gutunganya hegitari zisaga 30, ibi bikaba byaragabanyije ikibazo cy'isuri yatwaraga imyaka yabo n'imirima.
Aba bakora mu mirimo ya VUP ku munsi bahembwa amafaranga 1200, bakaba bakora kuva saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kugeza saa sita z’amanywa, bakabona umwanya wo kujya gukora mu ngo zabo.
Umunyambanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Gishamvu, Nkubana Vianney avuga ko mu mirimo ya VUP bafite abaturage bagera kuri 527, ibi ngo bikaba bigenda bifasha mu kuzamura imibereho y'abaturage bo muri uyu Murenge.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru