AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Abaturage bahamagara imirongo y'ubufasha ntabwo bakeneye bazajya bahanwa

Yanditswe Nov, 24 2016 17:04 PM | 2,327 Views



Urwego ngenzura mikorere RURA ruratangaza ko abaturage bahamagara bitari ngombwa ku mirongo yashyiriweho guhamagarwa n'abakeneye ubutabazi cyangwa ubufasha bwihuse bazajya bahanwa.

ACP Tony Kulamba umuvugizi wa RURA asaba abaturage gutanga amakuru no ku bigo bidatanga service uko bikwiye kugirango bizakurikiranwe ariko nanone n'abaturage bahamagara badakeneye ubufasha nabo ngo hari ibihano bazajya bahabwa.

Abashinzwe itumanaho mu bigo bakorera bo baravuga ko bahura n'imbogamizi z'uko hari abantu bahamagara imirongo yagenewe ubufasha bakavuga ibiterekeranye n'ubufasha ibigo bitanga.

Bamwe mu baturage bishimira imirongo ya telephone yabashyiriweho bahamagara igihe bahuye n'ikibazo bakeneye ubufasha, gusa bakavuga ko bahura n'imbogamizi zo kutabona ubufasha mu buryo bwihuseiyi mirongo ya Telephone yashyizweho yifashishwa mu gutanga amakuru. 

Aha harimo nk'imirongo ihamagarwa mu gihe umuntu akeneye ubutabazi, kugira ibyo asobanuza n'ibindi. Gusa bamwe mu baturage bavuga ko hari igihe bahamaga bene iyo mirongo ya telephone ubutabazi bukabageraho butinze.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage