Yanditswe November, 24 2016 at 17:04 PM | 1629 Views
Urwego ngenzura mikorere RURA ruratangaza ko abaturage bahamagara bitari ngombwa ku mirongo yashyiriweho guhamagarwa n'abakeneye ubutabazi cyangwa ubufasha bwihuse bazajya bahanwa.
ACP Tony Kulamba umuvugizi wa RURA asaba abaturage gutanga
amakuru no ku bigo bidatanga service uko bikwiye kugirango bizakurikiranwe
ariko nanone n'abaturage bahamagara badakeneye ubufasha nabo ngo hari ibihano
bazajya bahabwa.
Abashinzwe itumanaho mu bigo bakorera bo baravuga ko bahura n'imbogamizi z'uko hari abantu bahamagara imirongo yagenewe ubufasha bakavuga ibiterekeranye n'ubufasha ibigo bitanga.
Bamwe mu baturage bishimira imirongo ya telephone yabashyiriweho bahamagara igihe bahuye n'ikibazo bakeneye ubufasha, gusa bakavuga ko bahura n'imbogamizi zo kutabona ubufasha mu buryo bwihuseiyi mirongo ya Telephone yashyizweho yifashishwa mu gutanga amakuru.
Aha harimo nk'imirongo ihamagarwa mu gihe umuntu akeneye ubutabazi, kugira ibyo asobanuza n'ibindi. Gusa bamwe mu baturage bavuga ko hari igihe bahamaga bene iyo mirongo ya telephone ubutabazi bukabageraho butinze.
Ikoranabuhanga rya Yego Cabs rihuza abatwara imodoka ntoya n'abagenzi burimo kunozwa kugira ngo ...
November 08, 2018 at 22:01 PM
Soma inkuru
Bamwe mu bafite imodoka zitwara abagenzi ku buryo bwa rusange baravuga ko izamuka ry'ibiciro by ...
January 16, 2018 at 16:25 PM
Soma inkuru
Urwego rw'igihugu ngenzuramikorere RURA, rurakangurira abaturage kwiyandukuza kuri SimCards bi ...
January 15, 2018 at 15:28 PM
Soma inkuru
Urwego ngenzuramikorerere RURA, rurakangurira abamotari guhindura imyumvire bakumva ko isuku ku mubi ...
September 12, 2017 at 19:48 PM
Soma inkuru
Guhera kuri uyu wa 4 ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli byiyongereye. Litiro ya mazutu i Kigali ...
November 03, 2016 at 14:26 PM
Soma inkuru