Yanditswe Nov, 24 2016 17:04 PM | 2,327 Views
Urwego ngenzura mikorere RURA ruratangaza ko abaturage bahamagara bitari ngombwa ku mirongo yashyiriweho guhamagarwa n'abakeneye ubutabazi cyangwa ubufasha bwihuse bazajya bahanwa.
ACP Tony Kulamba umuvugizi wa RURA asaba abaturage gutanga
amakuru no ku bigo bidatanga service uko bikwiye kugirango bizakurikiranwe
ariko nanone n'abaturage bahamagara badakeneye ubufasha nabo ngo hari ibihano
bazajya bahabwa.
Abashinzwe itumanaho mu bigo bakorera bo baravuga ko bahura n'imbogamizi z'uko hari abantu bahamagara imirongo yagenewe ubufasha bakavuga ibiterekeranye n'ubufasha ibigo bitanga.
Bamwe mu baturage bishimira imirongo ya telephone yabashyiriweho bahamagara igihe bahuye n'ikibazo bakeneye ubufasha, gusa bakavuga ko bahura n'imbogamizi zo kutabona ubufasha mu buryo bwihuseiyi mirongo ya Telephone yashyizweho yifashishwa mu gutanga amakuru.
Aha harimo nk'imirongo ihamagarwa mu gihe umuntu akeneye ubutabazi, kugira ibyo asobanuza n'ibindi. Gusa bamwe mu baturage bavuga ko hari igihe bahamaga bene iyo mirongo ya telephone ubutabazi bukabageraho butinze.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru