AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Abanyeshuri 32 bo mu bihugu bitanu basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri i Musanze

Yanditswe Jun, 25 2021 11:08 AM | 124,196 Views



Kuri uyu wa Gatanu, mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri mu karere ka Musanze, Abanyeshuri 32  baturutse mu bihugu 5 byo muri Afurika aribyo  Kenya, Namibia, Somalia, Sudan y’Epfo n'u Rwanda basoje amasomo yo ku rwego rwo hejuru bari bamaze umwaka bahabwa.

Abagiye guhabwa impamyabumenyi, harimo abanyarwanda 25 bakora mu nzego z'umutekano, iki akaba ari icyiciro cya 9, naho aya masomo bakaba barayatangiye umwaka ushize.

Umuyobozi w'iri shuri, CP Christophe  Bizimungu yavuze  ko abanyeshuri basoje amasomo uyu munsi, ahamya ko bahawe  ubumenyi bubashyira ku rwego rwo hejuru mu mirimo yabo bashinzwe yo gucunga umutekano w'abantu n'ibintu .

Muri aba kandi 27 bahawe impamyabumenyi y'icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza, bahawe na Kaminuza y'u Rwanda mu bijyanye n'amahoro no guhosha amakimbirane.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura