Yanditswe May, 13 2022 20:11 PM | 114,658 Views
Abanyarwanda baba muri Sudani bahuriye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, iki gikorwa kikaba cyabereye mu murwa mukuru w’iki gihugu Khartoum.
Iki gikorwa cyitabiriwe n’abantu basaga 200 baturutse mu nzego zitandukanye ndetse n’izindi nshuti z’u Rwanda.
Ambasaderi Elzein Ibrahim Hussein warii uhagarariye leta ya Sudan wagajeje ijambo kubari bitabirye iki gikorwa, yavuze ko "Nta gushidikanya ko kwibuka ari ukuzirikana ububabare bw’abarokotse Jenoside babuze ababyeyi babo, abana babo inshuti n'bavandimwe bishwe nta cyaha bakoze."
"Gusa ubu Igihugu cy'u Rwanda cyabaye intangarugero ku mugabane wa Afurika, kandi ntitwakwibagirwa iterambere ryagezweho ndetse n'ubuzima bushya isi yose ibireba."
Uyu muyobozi avuga nabo nk'abaturage ba Sudan bakeneye kwigira ku Rwanda mu ngeri zitandukanye, zirimo ubumwe n’ubwiyunge, guteza imbere ubukungu ndetse n’ibindi.
Yavuze ko Sudani yifuza cyane gushimangira ubufatanye n’u Rwanda kugira ngo nabo bagere ku bwiyunge bwabo.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru