Yanditswe Jul, 14 2021 13:11 PM | 40,586 Views
Abantu 703 bitandukanije n'imitwe
yitwaje intwaro ibarizwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo
bahugurirwa mu Kigo cya Mutobo, batangiye gahunda yo kwiga imyuga itandukanye
izabafasha kwibeshaho mu miryango yabo.
Ni gahunda yateguwe na Komisiyo y'Igihugu ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare ikazamara amezi atandatu.
Imwe mu myuga baziga irimo ubwubatsi, iby'amazi, ubudozi, ubukanishi, ubusuderi, amashyanyarazi, gusuka no kogosha n'ubuhinzi n'ubworozi.
Umuyobozo w’iyi Komisiyo, Nyirahabineza Valéry yasabye abagiye kwiga iyi myuga kuyiga neza, kugira ngo izabatunge bo n'imiryango yabo, kandi bakajya bazirikana ko ari umusaruro wa Leta yabo ibakunda.
Abitabiriye kwiga iyi myuga ni abo mu byiciro bya 67,68 na 69 bitandukanije n'abacengezi.
Abaganga ba Kanseri mu Rwanda bariyongereye
4 hours
Soma inkuru
Mu bimukira 2242 bageze mu Rwanda bavuye muri Libya, 1621 bimuriwe ahandi
Mar 28, 2024
Soma inkuru
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Bugesera: Abaturage basaga ibihumbi 40 bahawe amazi meza
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Leta yatangiye kubarura inyubako zayo zidakorerwamo kugira ngo zibyazwe umusaruro
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Asaga miliyari 417 Frw yashyizwe muri gahunda zo gufasha abarokotse Jenoside mu myaka 30
Mar 27, 2024
Soma inkuru