AGEZWEHO

  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Diego Aponte uyobora Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubwikorezi bwo mu mazi yasuye Urwibutso rwa Kigali – Soma inkuru...

Abadiplomate bakorera mu Rwanda basuye Akarere ka Rubavu

Yanditswe May, 18 2019 17:10 PM | 7,712 Views



Abahagarariye ibihugu byabo n'imiryango mpuzamahanga mu Rwanda barishimira uburyo u Rwanda rwashyize ingufu mu kongera ibikorwa remezo bifasha abaturage Kandi rukoroshya ubuhahirane n'ibihugu by'abaturanyi.


Ibi ni bimwe mu byo bagaragaje nyuma yo gusura akarere ka Rubavu kuri uyu wa gatandatu .

Abahagarariye ibihugu byabo n'imiryango mpuzamahanga batemberejwe mu mujyi was Rubavu bavuga ko uburyo u Rda rwitaye ku bikorwa remezo n'ubuhahirane Ari ikintu gishimishije.


Ministre w'ububanyi n'amahanga n'ubutwererane avuga ko kwereka abahagarariye ibihugu byabo ukuri kw'ibibera mu Rda bifite inyungu nyinshi

Banasuye umupaka uhuza u Rda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ufite akamaro kanini ku bukungu bw'ibihugu byombi kuko uzwi nka Petite barriere  unyurwaho n'abasaga ibihumbi 55 buri munsi mu gihe uwa Grande barriere unyurwaho n'abasaga ibihumbi 9





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #