AGEZWEHO

  • Minisitiri Musabyimana yijeje ubuvugizi mu ikorwa ry'umuhanda Bugarama-Bweyeye – Soma inkuru...
  • Rusizi: Abarokotse Jenoside bagaragaje ko nta Mututsi wari wemerewe guhinga umuceri mu Bugarama – Soma inkuru...

AMAFOTO: U Rwanda rwashyikirije u Burundi abwanyi 19 ba Red Tabara

Yanditswe Jul, 30 2021 13:43 PM | 64,983 Views



Kuri uyu wa Gatanu, ku mupaka wa Nemba mu karere ka Bugesera, u Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi 19 ba Red Tabara bafatiwe ku butaka bw'u Rwanda tariki 29 Nzeri 2020.

Iki gikorwa kitabiriwe n’abayobozi barimo ushinzwe Ubutasi bwa Gisirikare mu Ngabo z’u Rwanda, Brig Gen Vincent Nyakarundi, hakaba kandi hari itsinda ry'ingabo rishinzwe kugenzura ibibazo bibera ku mipaka igize ibihugu byo mu karere k'ibiyaga bigari nk'abahuza.

Aba barwanyi bagifatirwa mu Murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru, nibo  bavuze ko ari abarwanyi  babarizwa mu mutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi mu Burundi.

Bafatanywe n'intwaro zabo zirimo n'imbunda n'amasasu n'ibindi bikoresho bakoreshaga mu bikorwa byabo.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu