AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

AMAFOTO: Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw'akazi muri Nigeria

Yanditswe Jun, 11 2019 14:04 PM | 14,086 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa kabiri yatangiye uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ibiri agirira muri Nigeria aho biteganyijwe ko ari bwitabire inama ku kurwanya ruswa muri Nigeria.

Muri rusange, Perezida Kagame biteganyijwe ko muri iyi nama ari bugaragarize abayitabiriye uburyo u Rwanda rwabashije kurwanya ruswa binarushyira mu bihugu bitatu bya mbere muri afurika mu kurangwamo ruswa nke mu myaka ibiri ishize.


U Rwanda kandi rurashimwa kwimakaza ikoranabuhanga nk'imwe mu ntwaro yo kurwanya ruswa urugero rutangwa ni uburyo u Rwanda aricyo gihugu cya mbere muri Afurika gutangiza uburyo bw'ikoranabuhanga mu itangwa ry'amasoko mu mwaka wa 2016.

Ku munsi wa kabiri w'uruzinduko rwe, biteganyijwe ko umukuru w'igihugu azitabira umuhango w'irahira rya Perezida Muhamadu Buhari watorewe kongera kuyobora iki gihugu.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira