AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

AMAFOTO: Minisitiri w’Ingabo wa Zimbabwe yatangiye uruzinduko mu Rwanda

Yanditswe Aug, 02 2021 15:18 PM | 44,771 Views



Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’ingabo wa Zimbabwe, Muchinguri Kashiri yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rukazama iminsi ibiri.

Akigera mu Rwanda, yagiranye ibiganiro na mugenzi we Maj. Gen. Albert Murasira wamwakiriye ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura.

Ibiganiro byabo byibanze ku bufatanye n’ubutwererane mu by’ingabo n’umutekano, hagati y’u Rwanda na Zimbabwe.

Minisitiri w’ingabo wa Zimbabwe, yatangaje ko ari mu Rwanda ku butumire bwa mugenzi we w’u Rwanda, kugira ngo barebere hamwe uko bashimangira ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.

Yavuze ko icyo bahereyeho uyu munsi ari uguhana amakuru ku mbogamizi impande zombi zihura nazo, muri izo ngorane harimo guhangana n’iterabwoba, haba mu bihugu imbere cyangwa mu turere biherereyemo ndetse no ku mugabane wa Afurika.

Yagaragaje ko umubano w’u Rwanda na Zimbabwe ari uwa kera, guhera mu 1997 ubwo hasinywaga amasezerano y’ubufatanye akiriho na n’ubu.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu