AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

AMAFOTO - Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w'Intebe w'u Bwongereza Boris Johnson

Yanditswe Jun, 23 2022 11:30 AM | 156,986 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye anagirana ibiganiro na Minisitiri w'Intebe w'u Bwongereza Boris Johnson, witabiriye Inama ya CHOGM y'Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zo mu muryango wa Commonwealth.

Ibiganiro bagiranye byibanze ku mubano w'ibihugu byombi ndetse n'amasezerano ajyanye no kwakira abimukira n'ubufatanye muby'ubukungu.

Minisitiri Johnson yanasuye Urwunge rw'Amashuri rwa Kacyiru ya II areba aho urwego rw'uburezi rugeze mu Rwanda nk'igice ibihugu byombi bifitanyemo ubufatanye.

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, ku Kibuga cy’Indege mpuzamahanga cya Kanombe yakirwa na Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Omar Daair n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize