Yanditswe Jun, 23 2022 11:30 AM | 156,986 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye anagirana ibiganiro na Minisitiri w'Intebe w'u Bwongereza Boris Johnson, witabiriye Inama ya CHOGM y'Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zo mu muryango wa Commonwealth.
Ibiganiro bagiranye byibanze ku mubano w'ibihugu byombi ndetse n'amasezerano ajyanye no kwakira abimukira n'ubufatanye muby'ubukungu.
Minisitiri Johnson yanasuye Urwunge rw'Amashuri rwa Kacyiru ya II areba aho urwego rw'uburezi rugeze mu Rwanda nk'igice ibihugu byombi bifitanyemo ubufatanye.
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, ku Kibuga cy’Indege mpuzamahanga cya Kanombe yakirwa na Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Omar Daair n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
4 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
5 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru