Yanditswe Jun, 20 2019 08:42 AM | 11,260 Views
Umuyobozi wungirije w’umuryango AGRI TERRA ku rwego rw’isi,Van Rij avuga ko kuba uyu muryango wazobereye ibijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ugiye kugira icyicaro mu Rwanda ari inyungu ikomeye ku makoperative yo muri urwo rwego.
Yagize ati, "Ndatekereza nyungu abanyarwnda bazakura muri AGI TERRA nuko dukora bisiness za kinyamwuga , ubunyamwuga bisobanuye kodushora cyane cyane mu guhugura abahinzi no ku bagira inama, kugirango tubongerere ubunyimenyi no gucunga umutungo mu mbogamizi bahura nazo mu buhizi bwabo".
Ambasaderi w’Ubuholandi mu Rwanda FEREDRICK DE MAN avuga ko biteze imikoranire myiza n’Umuryango AGRI TERRA.
"Mbere na mbere AGRI TERRA ni umuryango uterwa inkunga na ambasade y’ubuhorandi, twishimiye gukorera hamwe , icyo turi gukora ubungubu n’ugushira hamwe nabo muri uyu mushinga dutekerezako ari ingirakamaro , dufite imishinga
myinshi tuzakoranamo mu guteza imbere ubuhizi, ndetse no guha amahugurwa amakoperative".
Umuyobozi wungirije w’ikigo gishinjwe ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi NAEB,Urujeni Sandrine avuga ko ubunararibonye bwa AGRI TERRA mu buhinzi n’ubworozi ari inyongeragaciro.
"Ubu bufatanye na AGRI TERRA n’ubufanye nka minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi y’ishimira kubera y’uko AGRI TERRA izwi ho inararibonye nkuko mwabyumvise uko yavutse nabahinze bo mu buhorandi bishyize hamwe bakora ihuriro ndetse babasha kugera kure , tubitezeho rero ubwo bufatanye nabo ko iryo nararibonye bazarizangiza n’abahinzi bo mu Rwanda kuko icyo bibandaho cyane ni ukongerera ubushobozi n’ubumenyi amakoperative yaba muri business cyangwa mw’ibarurura mari ndetse no mu bikorwa bindi byateza imbere amakoperative".
AGRI TERRA ni umuryango mpuzamahanga ukora mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ukaba warashize mu mwaka w’1997 mu gihugu cy’Ubuholandi.
Inkuru ya Demokarasi Eric
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru