Yanditswe Apr, 11 2019 18:09 PM | 4,950 Views
Imiryango 100 y’abarokotse
Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu
irishimira amacumbi mashya bubakiwe ajyanye n’icyerekezo. Aya mazu yasimbuye inzu zari
zishaje cyane babagamo.
Ni mu gihe inzu 18 zubatswe n’ingabo z’u Rwanda zamaze gushyikirizwa ba nyirazo, mu gihe izindi 32 zirimo kubakwa n’urugaga rw’abikorera mu Rwanda zizuzura mu gihe cy’imyaka 2.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru