AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Urubyiruko 650 bari mu mahugurwa yo kwitegura kinyamwuga

Yanditswe Jun, 09 2016 09:51 AM | 2,203 Views



Umuryango Imbuto Foundation watangije uruhererekane rw'amahugurwa ku gutanga ubuhamya bujyanye n'imiyoborere, imyiteguro mu bunyamwuga n'iterambere.

Ni gahunda iyobowe na Ayla Schlosser afatanyije na Solange Impanoyimana bo mu muryango Resonate, ukorera mu Rwanda. Uru ruhererekane rw'amahugurwa agamije kugera ku rubyiruko rugera kuri 650, ku nsanganyamatsiko igira iti; "Kwitegura kinyamwuga".

Iyi gahunda irimo amahugurwa azatangirwa ku Cyicaro cya Croix Rouge mu Rwanda ku itariki 10-11 Kamena, ndetse n'andi azahabwa impuguke z'abagore azatangirwa i Rwamagana kuva tariki 15 kugera tariki 16 Kamena.

Icyiciro cya mbere cy'aya mahugurwa cyitabiriwe n'abantu bagera ku 180 barimo abishyurirwa amasomo n'umuryango imbuto foundation, abahuzabikorwa b'umuryango AERG, toastmasters, ndetse n'abatoza b'ibiganiro mpaka.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira