AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Ubuyobozi bwa REG bwiseguye kubafatabuguzi bayo kubw'ikibazo cyo kugura umuriro

Yanditswe Jan, 03 2017 15:28 PM | 2,667 Views



Mu gihe kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka habaye ikibazo cyo kugura umuriro   Ubuyobozi bw'ikigo cy'igihugu gishinzwe amashanyarazi REG burisegura ku bafatabuguzi bacyo. REG iremeza ko bari gukora ibishoboka kugira ngo iki kibazo gikemuke kare.

Hagati aho ikigo cy'igihugu gishinzwe amashanyarazi REG kuvuga ko ikibazo cyabayeho ari umwe mu bafatanyabikorwa bacyo, ucuruza umuriro ku baturage wagize ikibazo mu buryo akoresha awucuruza. Ibyo kandi bikagera ku baturage batari bake kuko, uwo mufatanyabikorwa ariwe ufite gice kinini cy'igihugu agurishamo umuriro.

REG ikaba yisegura ku bafatabuguzi bayo kuri icyo kibazo cyabayeho, ariko ko kugura umuriro bikomeje hifashishijwe abandi bafatanyabikorwa babiri bacuruza umuriro

Ubuyobozi bwa REG bwemeje ko kugura umuriro hifashishijwe banki byasubiyeho kandi ko n'ubundi buryo abaturage bari bamenyereye bakora ibishoboka ngo busubireho.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura