Yanditswe Jan, 16 2017 11:19 AM | 3,866 Views
Ikigo RITCO Ltd cyasimbuye ONATRACOM, kiratangaza ko Bitarenze ibyumweru bibiri imodoka nini nshya zo gutwara abagenzi zitangira gukora, iza mbere zikaba ziri mu nzira zizanwa mu Rwanda.
Ubu buyobozi bwa RITCO, butangaza ko kugeza ubu imodoka 50 ari zo zimaze kugera ku cyambu cya Dar es Salam muri Tanzania zivuye mu Bushinwa, zikazagera mu Rwanda mu byiciro.
Muri izi bus 50 icyiciro cya mbere cya bus 20 niko giteganyijwe guhita kiza mu Rwanda, ku buryo mu byumweru bitarenze bibiri zizaba zatangiye gukora, imihanda zizakoreramo ikazagenwa n’Ikigo gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA).
Izi modoka zitwara abantu benshi kandi bicaye. Byongeye zikanagira aho abagenzi bashyira imizigo.
Biteganyijwe ko RICTO Ltd igizwe na 52% by’imigabane ya Leta na 48% bya RFTC, izazana imodoka nini 168.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru