AGEZWEHO

  • Minisitiri Musabyimana yijeje ubuvugizi mu ikorwa ry'umuhanda Bugarama-Bweyeye – Soma inkuru...
  • Rusizi: Abarokotse Jenoside bagaragaje ko nta Mututsi wari wemerewe guhinga umuceri mu Bugarama – Soma inkuru...

Uruganda rwa Volkswagen rurateganya gutangira guteranyiriza imodoka mu Rwanda

Yanditswe Dec, 21 2016 10:50 AM | 2,554 Views



Uruganda Volkswagen na Guverinoma y'u Rwanda bigiye gushyira umukono ku masezerano ajyanye n'uburyo uru ruganda mu minsi iri imbere ruzajya ruteranyiriza izi modoka mu Rwanda aho gukomeza kuva i mahanga ndetse zihenze.

Aya masezerano arashyirwaho umukono n’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’Iterambere, RDB, Francis Gatare ndetse n’umuyobozi mukuru wa Volkswagen muri Afurika y'epfo, Thomas Schaefer.

Biteganijwe ko imodoka Volkswagen izajya ikora ziri mu bwoko bwa ThinkBlue, ni ukuvuga izitangiza ibidukikije, zidakoresha essence nyinshi kandi ntizohereze imyuka ihumanya ikirere

Kugeza ubu Igihugu cya Kenya nicyo kimaze kubimburira ibindi bihugu bigize umuryango w'Afrika y'uburasirazuba gukorana n'uruganda rwa Volkswagen




Emmanuel Gatera

Volks (mu Urudage ) // Ijwi Amajwi (mu Runyarwanda); Wagen Abaturage! Dec 21, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu