AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Urubyiruko rukwiye kwiga amasomo abafasha gukemura ibibazo ku isoko ry'umurimo

Yanditswe Dec, 01 2016 15:24 PM | 1,306 Views



Komisiyo y'igihugu ishinzwe guteza imbere ubumenyi, n'ikoranabuhanga irakangurira urubyiruko ndetse n'abandi bongera ubumenyi mu nzego zitandukanye, kwitabira kwiga amasomo bakuramo ubumenyi bwo gukemura ibibazo biba biri ku isoko ry'umurimo, babyazamo inyungu z'ubucuruzi ndetse no guteza imbere inganda.

Ibi ni ibyatangajwe na Dr Ignace Gatare, umuyobozi mukuru w'ikigo gishinzwe guteze imbere ubumenyi n'ikoranabuhanga NCST, mu nama nyunguranabitekerezo y'iminsi ibiri ibera i Kigali, kuri politiki zo guteza imbere ubumenyi, ikoranabuhanga no guhanga udushya.

Mu nama nyunguranabitekerezo kuri politiki zo guteza imbere ubumenyi, ikoranabuhanga no guhanga udushya twabyazwa umusaruro mu nganda zo mu Rwanda, n'ubucuruzi hagaragajwe ko nyuma y'ubushakashatsi buri gukorwa,  bugaragaza ko imikoranire itanoze y'inzego zitanga ubumenyi nka za kaminuza ndetse n'inzego z'imirimo, n'izabikorera, bituma inganda zidatera imbere kuko abanyeshuri bava muri za Kaminuza akenshi usanga ibyo baba barize mu mashuri bidahura n'ubumenyi bukenewe ku isoko ry'umurimo mu gukemura ibibazo.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira