AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Umusaza umaze ubwoko bw'ibihangano ibihumbi 2,500 mu gihe cy’imyaka 40

Yanditswe Jun, 19 2017 19:27 PM | 5,751 Views



Inzobere mu bugeni Bushayija Pascal washushanyije impano intore z’abahanzi, abakora muri siporo n’abanyamakuru bahaye perezida wa repubulika Paul Kagame, arashishikariza urubyiruko gukora ibihangano by’umwimerere kuko aribyo bihesha agaciro nyirabyo. Bushayija Pascal avuga ko amaze gukora ubwoko bw' ibihangano busaga ibihumbi 2,500 mu gihe cy’imyaka 40 amaze muri uyu mwuga.

Bushayija avuga ko nyuma yo gukunda ibijyanye n’ubugeni, yiyemeje kujya kubyiga mw’ishuli ryigisha ubugeni ryo ku Nyundo. Nyuma yo  kubyiga, akanabyigisha mw'ishuli. Avuga kandi ko ahanini akoresha ibikoresho biboneka mu Rwanda, akaba usanga uko ibihe bisimburana abanyarwanda barushaho gukunda ibihangano bikorerwa iwabo.


Abikesheje umwuga akora, Bushayija avuga ko yageze kuri byinshi birimo kwiyubakira inzu no kwita ku muryango we.  Muri rusange ngo amaze gukora ubwoko bw' ibihangano busaga ibihumbi 2500.

Ku isoko ibiciro by' ibihano ngo usanga bihagaze hagati y' ibihumbi 60 na miliyoni 2 z' amafaranga y' u Rwanda. Imwe mu mbogamizi Bushayija avuga ko igaragara mu mwuga akora nuko bimwe mu bikoresho akoresha nk' irangi ryabugenewe, usanga rituruka hanze y' igihugu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira