AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Umuryango w'ubumwe bw'Uburayi wahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 200 z'ama Euro

Yanditswe Jun, 23 2016 11:35 AM | 1,214 Views



Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi wahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 200 z’ama Euro angana na miliyari 173 z’amafaranga y’u Rwanda, yo guteza imbere urwego rw’ubuhinzi n’imirire.

Aya masezerano amaze gushyiraho umukono hano I Kigali, hagati y’uhagarariye Umuryango w’ubumwe bw’uburayi mu Rwanda amb. Michael Ryan na Ambasaderi Claver Gatete minister w’imari n’igenamigambi.

Ministre Gatete akaba yatangaje ko iyi nkunga izakoreshwa mu bikorwa birimo kuhira imyaka, kwita ku mashyamba, guhanga imirimo ishingiye ku buhinzi ndetse no guteze imbere inguzanyo zigenerwa abahinzi.

Iyi nkunga umwihariko wayo ni uko izanyuzwa mu ngengo y'imari atari mu mishinga y'iterambere.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura