Yanditswe Sep, 14 2017 13:17 PM | 5,437 Views
Komisiyo y'igihugu y'ubumwe n'ubwiyunge iravuga ko mu muryango ari ho hakwiye kuba igicumbi cy'amahoro, kuko kubura amahoro mu muryango bitera ibibazo birimo ubuzererezi, icy'abimukira benshi n'ibindi byose bihungabanya umudendezo w'abatuye ibihugu n'Isi muri rusange.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'iyi komisiyo Fidele Ndayisaba agaragaza ko izi ari zimwe mu mpamvu zatumye mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'amahoro ku isi ku rwego rw'igihugu hatoranywa insanganyamatsiko igira iti:" Twese hamwe duharanire Amahoro twimakaza indangagaciro z'ubwubahane mu muryango."
Umunsi mpuzamahanga w'amahoro ukazizihizwa tariki 21 Nzeri mu Rwanda kimwe no mu bindi bihugu binyamuryango bya Loni. Kwizihiza uyu munsi kandi bizakurikirwa n'icyumweru cy'ubumwe n'ubwiyunge kizatangira tariki ya mbere Ukwakira.
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Bugesera: Abaturage basaga ibihumbi 40 bahawe amazi meza
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Leta yatangiye kubarura inyubako zayo zidakorerwamo kugira ngo zibyazwe umusaruro
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Asaga miliyari 417 Frw yashyizwe muri gahunda zo gufasha abarokotse Jenoside mu myaka 30
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Haba hari umuti urambye wa gatanya zishingiye ku mitungo?
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu ba Kaminuza ya Stanford
Mar 26, 2024
Soma inkuru