AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Umukandida Frank Habineza avuga ko azabungabunga umugezi wa Nyabarongo natorwa

Yanditswe Jul, 28 2017 04:16 AM | 3,029 Views



Umukandida w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije Frank Habineza wiyamamarije mu turere twa Ngororero na Kamonyi kuri uyu wa kane yavuze ko atowe yakongera ingufu mu kubungabunga umugezi wa Nyabarongo kandi amazi yayo agakoreshwa mu mirimo y’ubuhinzi n’ibindi bikorwa bitandukanye.

Dr. Frank Habineza, nk’umukandida uhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu yavuze ko aramutse atowe yashyira ingufu mu kubungabunga umugezi wa Nyabarongo no kuwubyaza umusaruro.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura