Yanditswe Sep, 28 2016 12:57 PM | 1,344 Views
Ikigo cy'ubwiteganyirize cy'u Rwanda RSSB cyitabye komisiyo y'inteko ishinga amategeko umutwe w'abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imari n'umutungo bya leta PAC. Ubuyobozi bw'iki kigo bwabanje kugaragaza ibibazo bijyanye no guhuza ibikorwa by'iki kigo.
Umuyobozi w'inama y'ubutegetsi ya RSSB, Dr Gakwaya Innocent, avuga ko ibi bibazo byatewe no guhuza icyahoze ari caisse sociale, RAMA ndetse na mutuelle de sante byatumye abakiriya biyongera bavuye ku bihumbi 20 bagera kuri miliyoni 12, bituma imicungire yabo igorana.
Ikindi mu byashyizwe mu majwi na PAC, ni umwenda wa miliyari 6 na miliyoni 140, RSSB itarishyuza, ariko hakaba nta buryo bugaragara bwashyizweho bwo kwishyurwa. Umuyobozi mukuru wa RSSB Gatera Jonathan, yavuze ko bamaze kuvugana n'ababafitiye iyi myenda barimo MININFRA n'umujyi wa Kigali uburyo aya mafaranga azishyurwa.
Ikindi cyagaragaye ni ikibazo cy'amafaranga (atatangajwe) yagiye ku nyigo ya baringa zitakozwe, kugeza ubu hakaba hari abakozi bakiri gukurikiranwa n'ubutabera.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru