AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

U Rwanda rwatangiye gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bakigera mu gihugu

Yanditswe Jan, 01 2018 19:33 PM | 5,446 Views



Guhera Tariki ya 1 Mutarama 2018 u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bageze ku mupaka bitabasabye kubanza kuyisaba mbere bakiri iwabo. 

Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'ububanyi n'amahanga Olivier Nduhungirehe avuga ko ibi bivuze ko u Rwanda rwafunguriye amarembo abantu bose harimo n'abashoramari. Iki kikaba n'ikimenyetso cy'umubano mwiza rufitanye n'ibindi bihugu, kandi akizeza ko nta kibazo cy'umutekano muke iki cyemezo kizateza nubwo hitezwe ko abazaza mu Rwanda baziyongera kurusha uko byari bisanzwe.

Ikiganiro mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira