AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

U Rwanda ntiruzahwema kugaragaza uruhare rw'abafaransa muri Jenoside-Mushikiwabo

Yanditswe Dec, 14 2017 22:12 PM | 5,800 Views



Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'u Rwanda Louise Mushikiwabo aratangaza ko leta y'u Rwanda itazahwema kugaragaza ibimenyetso byerekana uruhare rw'u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ibi arabitangaza nyuma y'aho Leta y'u Rwanda ishyiriye ahagaragara raporo yakozwe n'itsinda ry'impuguke z'abanyamategeko bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yanashyikirijwe u Bufaransa.

Ikiganiro kirambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama