AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Swahili ishobora kuba ururimi rwemewe kandi rukoreshwa mu karere ka EAC

Yanditswe Aug, 30 2016 10:43 AM | 930 Views



Abagize inteko ishinga amategeko y'umuryango wa Afrika y'iburasirazuba, EALA batangije umushinga wo gusaba ko ururimi rw'igiswayire cyakwemerwa nk'izindi ndimi zemewe zikoreshwa mu nama zose, mu nyandiko zihererekanwa ndetse n'ibiganiro bikorwa muri uyu muryango wa Afrika y'iburasurazuba.

Martin Ngoga umudepite w'u Rwanda ndetse na Abdullah Mwinyi wo muri Tz basanga iki cyemezo kiramutse gishyigikiwe n'ibihugu cyaba ari ingirakamaro kuko abaturage bafite intego imwe, n'icyerekezo kimwe baba bakwiriye guhuzwa n'ururimi, kuko igiswayire n'ubusanzwe gikoreshwa henshi muri ibi bihugu.

Ibi kandi ngo bizatuma abaturage barushaho kugira uruhare mu bikorwa by'uyu muryango, ndetse ngo biri no mu rwego rwo guteza imbere umuco w'Abanyafrika.

Inkuru irambuye (Mu cyongereza):




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira