Yanditswe Mar, 27 2017 16:49 PM | 2,721 Views
Nyuma y'uko Sena igabanyirijwe
amategeko itora kugira ngo ibashe kubungabunga amahame remezo akubiye mu
itegeko nshinga, ubu noneho uru rwego rwatangiye kurushaho kumenyekanisha aya
mahame remezo mu turere twose tugize u Rwanda.
Sena y'u Rwanda yatangiye gusobanurira abayobozi b'inzego z'ibanze n'abandi bavuga rikumvikana amahame remezo akubiye mu Itegeko Nshinga ry'u Rwanda.
Iki gikorwa kibaye nyuma y'umwaka umwe Abanyarwanda batoye Itegeko Nshinga ryavuguruwe muri 2015 . Visi Perezida wa Sena Jeanne d'Arc Gakuba avuga ko kurushaho kumenyekanisha zimwe mu ngingo z'itegeko bitavuze ko abaturage batoye itegeko nshinga badafite icyo baziho. Sena y'u Rwanda ivuga ko ibi biganiro bizatangwa mu turere twose tw'igihugu.
Ingingo ya 84 y'itegeko Nshinga iha Sena umwihariko wo kurinda amahame remezo ateganywa n'ingingo ya 10. Mu ivugururwa ry'itegeko nshinga muri 2015, Sena yagabanyirijwe amategeko itora ku gira ngo irusheho kubungabunga amahame remezo, none ku nshuro ya mbere uru rwego rwegereye abaturage mu rwego rwo kurushaho kuyabamenyesha.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru