AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Rusizi: Uruganda rwa nyiramugengeri rwakemuye ikibazo cy'amashanyarazi

Yanditswe Dec, 28 2016 14:57 PM | 2,463 Views



Uruganda rubyaza amashanyarazi nyiramugengeri rwa Gishoma ruherereye mu karere ka Rusizi rwatangiye gutanga amashanyarazi ku murongo mugari w’igihugu, bivuze ko rwamaze kuzura.

Engineer MPONGENDAME Dayan ukurikirana imirimo yo kubaka uru ruganda avuga ko ubu megawatt 15 rwari rugenewe gutanga zamaze gushyirwa ku murongo w’igihugu, ibintu ngo bizatuma amashanyarazi igihugu gifite yiyongeraho10%.

Gishoma Peat Plant, uruganda rubyaza nyiramugengeri amashyanyarazi rwo mu Gishoma, mu murenge wa Nzahaha rwamaze gutangira gutanga amashanyarazi ku murongo mugari w’igihugu. Engineer MPONGENDAME Dayan ukurikirana imirimo yo kubaka uru ruganda avuga ko kuva tariki 21 z’uku kwezi uru ruganda rutanga neza nta mpungenge amashanyarazi rubyaza nyiramugengeri icukurwa mu gishanga cya Gishoma.

Megawatt 15 ziri gutangwa n’uru ruganda izirenga ½ cyazo zikoreshwa n’uruganda rwa sima CIMERWA rwo mu Bugarama. 

Inkuru irambuye mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira