Yanditswe Sep, 04 2017 17:35 PM | 4,435 Views
Abaturage bo ku kirwa cya Gihaya kiri mu murenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi baravuga ko babangamiwe n’uko nta gahunda zibageraho zigenerwa abatishoboye nka VUP n’izindi ngo kuko bari mu murenge w’umugi mu gihe hejuru ya 90% muri bo babarizwa mu cyiciro cya 1 n’icya 2 cy’ubudehe,ubusanzwe bibamo abatishoboye.Ubuyobozi bw’uyu murenge buravuga ko buri kubakorera ubuvugizi ngo harebwe uko izo gzunda zifasha abatishoboye zahagezwa vuba.
Inkuru yose mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru