AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Rusizi-Abatuye ikirwa cya Gihaya barasaba kuvanwa mu babarirwa mu mujyi

Yanditswe Sep, 04 2017 17:35 PM | 4,435 Views



Abaturage bo ku kirwa cya Gihaya kiri mu murenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi baravuga ko babangamiwe n’uko nta gahunda zibageraho zigenerwa abatishoboye nka VUP n’izindi ngo kuko bari mu murenge w’umugi mu gihe hejuru ya 90% muri bo babarizwa mu cyiciro cya 1 n’icya 2 cy’ubudehe,ubusanzwe bibamo abatishoboye.Ubuyobozi bw’uyu murenge buravuga ko buri kubakorera ubuvugizi ngo harebwe uko izo gzunda zifasha abatishoboye zahagezwa vuba.


Inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama