Yanditswe Mar, 14 2017 09:08 AM | 2,375 Views
Abahinzi b’icyayi bibumbiye muri Koperative ASSOPTHE CYOHOHA RUKERI mu Karere ka Rulindo baravuga ko ubu buhinzi bw’icyayi busigaye bubateza imbere ku buryo bugaragara .Aba bahinzi bavuga ko ibi babikesha ubuyobozi bwiza bwabeguriye uburenganzira busesuye ku buhinzi bw’icyayi Leta ikanabafasha kubona imigabane mu nganda z’icyayi zikorana na bo.
Inkuru yose mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru