AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ruhango: Barifuza ko umuhanda Kirengeri-Gafunzo wakorwa

Yanditswe May, 27 2016 12:17 PM | 1,800 Views



Mu gihe umuhanda uhuza Kirengeri, Gafunzo - Buhanda mu karere ka Ruhango utarasanwa, abakoresha bakanaturira uri kwifashishwa muri iyi minsi ariwo wa Kirengeri – Mwendo - Buhanda, baratangaza ko kubera imodoka ziremereye ziwukoresha, amateme basanganywe nayo azagenda yangirika, bityo bagasaba ko ibikorwa byo gusana uwarusanzwe ukoreshwa byakwihutishwa. Iki gitekerezo aba baturage bagihuriyeho kandi n’abashoferi bakoresha uwo muhanda munini wa Kirengeri, Gafunzo – Buhanda bavuga ko mu myaka ibiri ishize wagiye wangirika bigatuma ingendo zigorana cyane.

Reba inkuru yose:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama