Yanditswe May, 27 2016 12:17 PM | 1,800 Views
Mu gihe umuhanda uhuza Kirengeri, Gafunzo - Buhanda mu karere ka Ruhango utarasanwa, abakoresha bakanaturira uri kwifashishwa muri iyi minsi ariwo wa Kirengeri – Mwendo - Buhanda, baratangaza ko kubera imodoka ziremereye ziwukoresha, amateme basanganywe nayo azagenda yangirika, bityo bagasaba ko ibikorwa byo gusana uwarusanzwe ukoreshwa byakwihutishwa. Iki gitekerezo aba baturage bagihuriyeho kandi n’abashoferi bakoresha uwo muhanda munini wa Kirengeri, Gafunzo – Buhanda bavuga ko mu myaka ibiri ishize wagiye wangirika bigatuma ingendo zigorana cyane.
Reba inkuru yose:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru