AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Rubavu: Hafashimana atejwe imbere n'umurimo w'ubuhinzi bw'indabo yihangiye.

Yanditswe Nov, 19 2016 19:05 PM | 2,799 Views



Hafashimana Justin wo mu murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu  aragira inama urubyiruko yo gukura amaboko mu mifuka rukagira umuco wo kwihangira imirimo kandi ntirugire umurimo rusuzugura.

Aratanga izi nama nyuma yo kubona ibikorwa bifatika amaze kugeraho abikesha ubuhinzi bw’indabo yatangiye gukora kuva afite imyaka 10.

Hafashimana Justin w'imyaka  31 y’amavuko. Yahisemo guhinga indabyo abigira umwuga, akaba ari igikorwa amazemo imyaka igera kuri 21 dore ko yatangiye afite imyaka 10. Kuri ubu avuga ko amaze kwigeza kubikorwa binyuranye byiterambere abikesha ubwo buhinzi bw’indabo akorera mumudugudu wa Rambura akagari ka Terimbere.

Uyu murimo we arifuza ko yawugira umwuga ukanagera kurwego mpuzamahanga. Akaba ari nayo mpamvu asaba inzego za Leta kumufasha kubona amahugurwa ahagije kubuhinzi bw’indabo, kuzitungana n’ibindi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira