AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Rubavu: Abazunguzayi barihombya bakanahombya igihugu

Yanditswe Sep, 05 2017 11:54 AM | 4,815 Views



Abakora ubucuruzi buciriritse bazwi ku izina ry’abazunguzayi mu mujyi wa gisenyi, bavuga ko uburyo bacuruzamo baburambiwe, bakavuga kandi ko babonye ubufasha bw’aho gukorera ndetse n’igishoro, bakora neza kandi bakishyura imisoro bakaniteza imbere. Aba baravuga ibi mu gihe bagenzi babo bacururiza mu masoko bo binubira aba bazunguzayi, kuko babatwara abakiriya kandi nta misoro batanga. Gusa ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bavuga ko uburyo bwo gukemura iki kibazo bwateguwe bukemeza ariko ko  byose bijyana n’inyigisho zihoraho kuri abo bazunguzayi.

Inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize