AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Raporo ya WEF yashyize u Rwanda ku mwanya wa 23 ku isi mu gutanga ubutabera

Yanditswe Oct, 23 2017 20:26 PM | 3,858 Views



Bamwe mu baturage barashima imikorere y'inzego zo hejuru mu by'ubutabera ariko bakanenga inzego z'ibanze zidashyira mu bikorwa imyanzuro inkiko ziba zafashe. Ibi barabivuga mu gihe raporo ya World Economic Forum yagaragaje ko u Rwanda ruri ku mwanya wa mbere muri Afrika n'urwa 23 ku isi.

Raporo ya World Economic Forum yo muri uyu mwaka, yakozwe ku bihugu 137 ishyira u Rwanda ku mwanya wa 1 muri Afrika no kuwa 23 ku isi. Ikindi gihugu kiza ku mwanya wa 2 ni Namibia iri ku mwanya wa 29 ku isi. Mu bihugu bigize umuryango wa Afrika y'iburasirazuba, Kenya ni yo iza hafi, ku mwanya wa 55 ku isi n'uwa 2 mu karere. Ku mwanya wa 1 ku isi hari Finland, ku wa 2 NewZealand, Norvege kuwa 3, USA ziza kuwa 25, u Bufaransa kuwa 28, ku mwanya wa nyuma hakaza u Burundi.

Uretse ubwigenge bw'abacamanza n'abakora mu butabera muri rusange, urwego rw'ubucamanza ruvuga ko n'ihame ry'uburinganire mu bakozi b'inkiko mu Rwanda riri ku kigero cya 50% kuko mu bacamanza n'abanditsi 591 harimo abagabo 294 n'abagore 297.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #