AGEZWEHO

  • Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu – Soma inkuru...
  • Guhisha imibiri y'abazize Jenoside bifitanye isano n'ingengabitekerezo yayo- Dr Bizimana – Soma inkuru...

Raporo ya RGB ku miyoborere n'imitangire ya serivisi mu Rwanda 2016

Yanditswe Nov, 15 2016 13:45 PM | 3,231 Views



Ubushakashatsi bwakozwe n'ikigo cy'igihugu cy'imiyoborere RGB, bugaragaza ko igipimo ku ishusho y'uko abaturage babona imiyoborere n'imitangire ya serivisi cyamanutse ho 3,4% kikava kuri 71,1% mu mwaka wa 2015 kikajya kuri 67,7% uyu mwaka wa 2016. 

Ubu bushakashatsi bwibanze ku nzego 14 zirimo i z'uburezi, ubuhinzi, ubworozi na serivisi zitangwa n'inzego z'ibanze. Mu mujyi wa kigali  bigaragara ko abishimira serivisi mu karere ka nyarugenge bagera kuri 68,8%, gasabo 68,7% muri kicukiro 68,4% 

Dr USENGUMUKIZA felicien ushinzwe ubushakashatsi muri RGB agaragaza ko kuba igipimo cyaramanutse atari uko abaturage badahabwa serivisi n'imiyoborere myiza, ahubwo biterwa nuko abaturage bamaze kumenya uburenganzira bwabo mu guhabwa serivisi nimiyoborere mu gihe kera hari abapfaga kwemera gusa bantanasobanukiwe




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)