AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Radisson Blu yakiriye bamwe mu bana bahoze mu mihanda ari inzererezi

Yanditswe Dec, 26 2017 17:24 PM | 4,125 Views



Bamwe mu bana bigeze kumara igihe mu muhanda ari inzererezi, barasaba abana bagenzi babo kumvira ababyeyi babo kuko ingaruka batewe no kutabumvira zabaye mbi ku buzima bwabo.

Valence Uwimana avuga ko yamaze igihe kirenga umwaka mu muhanda ari inzererezi abitewe no kutumvira nyirakuru wa mureraga bikamuviramo gufata icyemezo cyo kujya mu muhanda. Mu buhamya bwe yagize ati, "Jyewe inama nagira abandi bana ni ukumvira ababyeyi babo niba banabafite nanjye nanze kumvira mukecuru ariko ingaruka nahuye nazo narazibonye ntabwo nazigera nsubira mu muhanda. Ariko inama ngira abandi bana nuko bakumvira ababyeyi babo ntibajye mu muhanda"

We na bagenzi be baturutse mu bigo birera abana badafite imiryango, kuri uyu wa kabiri Radisson Blu hotel yabahaye amahirwe yo kubakira no gutembera inyubako ya Convention Center. Bishimiye uburyo bakiriwe bagahabwa Noheri n'Ubunani...

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura