Yanditswe Jan, 24 2017 16:09 PM | 1,393 Views
Mu Murenge wa Nyamyumba mukarere ka Rubavu haravugwa ikibazo cy’idindira ry’imirimo yo kubaka ishuri ryisumbuye rya Rambo uruganda rwa BRALIRWA rwari rwaremereye abaturage. Abaturage bavuga ko bababajwe n’iryo shuri ritigeze rigira icyo ribamarira bagasaba ko hakorwa ibishoboka byose rikubakwa rikuzura kuko bumvaga ko rigiye kubunganira mu myigire y’abana babo, ariko amaso akaba yaraheze mu kirere. Ubuyobozi bw’uru ruganda bwo buvuga ko bwavangiwe na rwiyemezamirimo utarubahirije amasezerano, binatuma kugeza n’ubu iki kibazo kikiri mu nkiko.
Inkuru yose mu mashusho:
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru