AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

RSB mu nama na EAC ku guhuza amabwiriza y'ubuziranenge bw'ibinyampeke mu karere

Yanditswe Feb, 28 2017 15:52 PM | 2,180 Views



Komite z'ubugenzuzi mu karere ka Afurika y'uburasirazuba zirimo kuvugurura amwe mu mabwiriza y'ubuziranenge ku binyampeke. Ibi bigamije koroshya ubucuruzi bwambukiranya imipaka, no kongera ikizere mu bacuruzi hano mu karere ka Afurika y'uburasirazuba.

Mu nama y'iminsi itanu ihuje ibigo by'ubuziranenge muri aka karere, abashakashatsi mu by'ubuziranenge n'abacuruzi, harasuzumwa amabwiriza 9 muri 22 ku binyampeke yemejwe n'umuryango w'afurika y'uburasirazuba kugira ngo avugururwe, bitewe n'uko mu gihe cyo kuyashyira mu bikorwa, hagiye hagaragara ibibazo. 

Nko ku ruhande rw'u Rwanda, ngo bimwe mu bibazo byagaragaye muri ayo mabwiriza, harimo ubuhehere bw'ibigori. Antoine MUKUNZI, umuyobozi w'ishami rya 'laboratoires' zipima ubuziranenge mu kigo cy'igihugu cy'ubuziranenge, avuga ko amabwiriza ashyirwaho agomba kuba areba inyungu ku mpande zose.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage